Nyuma y’uko abasirikare bafashe ubutegetsi bw’igihugu cya Niger, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, (AU) wafashe umwanzuro wo guhagarika iki gihugu mu bikorwa byayo byose.
Afurika Yunze Ubumwe, n’Akanama ka UN gashinzwe Umutekano ku Isi byahamagariye ibihugu byose bigize iyo miryango kutagira igikorwa na kimwe bikora kigamije kwemera ubutegetsi bwa gisirikare muri Niger.
Afurika Yunze Ubumwe isaba abasirikare kurekura Perezida Mohamed Bazoum bahiritse.
Kugeza ubu Umuryango uhuza ibihugu byo mu Burengerazuba bwa Africa, ECOWAS umaze igihe utangaje ko ushobora gukoresha ingufu za gisirikare gusubizaho Perezida wahiritswe.
Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Niger baherutse gutangaza ko bazatanga ubutegetsi nyuma y’imyaka itatu bamaze guhindura umurongo wa politiki w’icyo gihugu.
N’ibintu umuryango wa ECOWAS wamaganye ibyo uvuga ko bidashoboka.
Kugeza ubu ibihugu nka Burkina Faso, Mali na Algeria ndetse na Guinea byamaze gutangaza ko bidashyigikiye ko Ecowas ishoza intambara muri Niger.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…