Kuri uyu wa mbere tariki 4 Nzeri 2023, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zinyuranye barimo na Guverineri y’Uburengerazuba.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Intara y’Uburengerazuba byahawe Umuyobozi mushya ariwe Lambert Dushimimana.
Lambert Dushimimana yarasanzwe akora muri Sena y’u Rwanda.
Hari kandi Tessi Rusagara wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agaciro Development Fund.
Mu bandi bayobozi bahawe akazi harimo Armand Zingiro wahawe kuyobora ikigo gishinzwe ingufu (REG).
Reba abandi bayobozi bahawe inshingano muri Guverinoma.
▪︎Dr Omar Munyaneza, Umuyobozi Mukuru, WASAC Group
▪︎Umuhumuza Gisele, Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amazi
▪︎Evariste Rugigana, Umuyobozi Mukuru wa RURA
▪︎Dr Carpophore Ntagungira, Umuyobozi w’Inama Ngenzuramikorere wa RURA.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…