Kuri uyu wa mbere tariki 4 Nzeri 2023, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zinyuranye barimo na Guverineri y’Uburengerazuba.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Intara y’Uburengerazuba byahawe Umuyobozi mushya ariwe Lambert Dushimimana.
Lambert Dushimimana yarasanzwe akora muri Sena y’u Rwanda.
Hari kandi Tessi Rusagara wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agaciro Development Fund.
Mu bandi bayobozi bahawe akazi harimo Armand Zingiro wahawe kuyobora ikigo gishinzwe ingufu (REG).
Reba abandi bayobozi bahawe inshingano muri Guverinoma.
▪︎Dr Omar Munyaneza, Umuyobozi Mukuru, WASAC Group
▪︎Umuhumuza Gisele, Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amazi
▪︎Evariste Rugigana, Umuyobozi Mukuru wa RURA
▪︎Dr Carpophore Ntagungira, Umuyobozi w’Inama Ngenzuramikorere wa RURA.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…