RWANDA

Perezida Kagame yagize Lambert Dushimimana Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba

Kuri uyu wa mbere tariki 4 Nzeri 2023, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zinyuranye barimo na Guverineri y’Uburengerazuba.

Advertisements

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Intara y’Uburengerazuba byahawe Umuyobozi mushya ariwe Lambert Dushimimana.

Lambert Dushimimana yarasanzwe akora muri Sena y’u Rwanda.

Lambert Dushimimana yagizwe Guverineri y’Uburengerazuba

Hari kandi Tessi Rusagara wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agaciro Development Fund.

Mu bandi bayobozi bahawe akazi harimo Armand Zingiro wahawe kuyobora ikigo gishinzwe ingufu (REG).

Reba abandi bayobozi bahawe inshingano muri Guverinoma.

▪︎Dr Omar Munyaneza, Umuyobozi Mukuru, WASAC Group
▪︎Umuhumuza Gisele, Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amazi
▪︎Evariste Rugigana, Umuyobozi Mukuru wa RURA
▪︎Dr Carpophore Ntagungira, Umuyobozi w’Inama Ngenzuramikorere wa RURA.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago