MU MAHANGA

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania ararembye

Ibiro bya Perezida wa Zanzibar byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Ali Hassan Mwinyi, yajyanywe mu bitaro kuri uyu wa Gatatu kubera uburwayi afite mu gatuza.

Advertisements

Mwinyi w’imyaka 98, umuryango we watangaje ko ubu ari kwitabwaho n’abaganga, ndetse basaba ko hakorwa amasengesho rusange yo gusabira uyu mukamnbwe.

Ali Hassan Mwinyi yabaye Perezida wa kabiri wa Tanzania kuva mu 1985 kugeza mu 1995. Umuhungu we Dr Hussein Ali Mwinyi kuri uyu niwe Perezida wa Zanzibar.

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania ararembye

Emmy

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago