Ibiro bya Perezida wa Zanzibar byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Ali Hassan Mwinyi, yajyanywe mu bitaro kuri uyu wa Gatatu kubera uburwayi afite mu gatuza.
Mwinyi w’imyaka 98, umuryango we watangaje ko ubu ari kwitabwaho n’abaganga, ndetse basaba ko hakorwa amasengesho rusange yo gusabira uyu mukamnbwe.
Ali Hassan Mwinyi yabaye Perezida wa kabiri wa Tanzania kuva mu 1985 kugeza mu 1995. Umuhungu we Dr Hussein Ali Mwinyi kuri uyu niwe Perezida wa Zanzibar.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…