MU MAHANGA

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania ararembye

Ibiro bya Perezida wa Zanzibar byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Ali Hassan Mwinyi, yajyanywe mu bitaro kuri uyu wa Gatatu kubera uburwayi afite mu gatuza.

Mwinyi w’imyaka 98, umuryango we watangaje ko ubu ari kwitabwaho n’abaganga, ndetse basaba ko hakorwa amasengesho rusange yo gusabira uyu mukamnbwe.

Ali Hassan Mwinyi yabaye Perezida wa kabiri wa Tanzania kuva mu 1985 kugeza mu 1995. Umuhungu we Dr Hussein Ali Mwinyi kuri uyu niwe Perezida wa Zanzibar.

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania ararembye

Emmy

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

8 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

8 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

8 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

9 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

2 days ago