IMIKINO

Minnaert watoje Rayon Sports yahawe akazi na Gorilla Fc

Ivan Jack Minnaert yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gorilla Fc mugihe kingana n’amezi atatu.

Advertisements

Uyu Minnaert wigeze gutoza ikipe ya Rayon Sports yamaze no kwerekwa Abakinnyi mu ikipe nshya yerekejemo.

Minnaert ukomoka mu Bubiligi akaba azwi kutaramba mu kazi, ahawe akazi muri Gorilla Fc asimbuye Gatera Moussa wirukanywe n’abari bamwungurije kubera kudatanga umusaruro wari witezwe.

Muri rusange, Gatera Moussa yirukanwe muri Shampiyona y’uyu mwaka atoje imikino 21, yatsinzemo itanu gusa, yanganyije itandatu atsindwa 10.Yaje kongera kuyigarukamo muri 2018 gusa ayivamo yirukanwe kubera imyitwarire mibi.

Uyu kandi yatoje ikipe ya Mukura VS, Leopards yo muri Kenya n’izindi.

Muri rusange, Gatera Moussa yirukanwe muri Shampiyona y’uyu mwaka atoje imikino 21, yatsinzemo itanu gusa, yanganyije itandatu atsindwa 10.

Gorilla FC iri ku mwanya wa 14 n’amanota 21, inganya na Etincelles FC na Bugesera FC. Zirusha kandi umunani Etoile de l’Est ya nyuma na 13 ndetse isa n’iyamaze gusubira mu cyiciro kabiri.

Ivan Minnaert yatoje Rayon Sports muri 2016 amezi atatu gusa ayivamo tariki 24 Gashyantare 2016 nyuma yo kuyihesha intsinzi y’imikino umunani muri 12 yayitoje.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago