MU MAHANGA

Papa Francis ahangayikishijwe n’ishimutwa ry’abantu muri Nigeria

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagaragaje ko atewe impungenge n’ishimutwa ry’abantu rikunze kubera mu gihugu cya Nigeria.

Advertisements

Ni ibintu Papa Francis avuga ko bimuhangayikishije.

Ibi yabivuze mu butumwa yanyujije kuri X (Twitter) ku cyumweru, tariki ya 25 Gashyantare, avuga ko asenga kandi yizera ko hakwiriye gushyirwamo ingufu mu gukumira ibyo bibazo.

Yanditse ati “Umubare w’abakomeje gushimutwa ukomeje kwiyongera ibintu bikwiye guhagurikirwa.”

Yakomeje agira ati “Ndaganisha amasengesho yanjye ku baturage ba Nigeria, nizeye ko hazashyirwa ingufu mu gukumira ikwirakwizwa ry’ibi bintu mugihe bigishoboka.”

Ibi Umushumba wa Kiliziya ku Isi Papa Francis abivuzeho mugihe umutekano mu gihugu cya Nigeria ukomeje kuba ikibazo mu bice bitandukanye mu gihugu, aho hari ababura ubuzima yewe abandi hakabaho ababurirwa irengero.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago