POLITIKE

Uburundi bwasohoye itangazo rishinja u Rwanda gufasha RED Tabara mu gitero cyaraye kibaye

Itangazo rya Guverinoma y’Uburundi rimaze akanya gato risohotse, riravuga ko Red Tabara ariyo yaraye igabye igitero muri Bubanza yica abantu 14 barimo abasirikare batandatu. I Bujumbura bongeye kuvuga ko u Rwanda ari rwo rutoza rukanashyigikira uyu mutwe.

Iti tangazo ryashyizwe umukono n’umunyamabanga mukuru mu Biro bya Perezidansi y’Uburundi witwa Jerôme Niyonzima.

Mu itangazo bavuga ko bashenguwe n’abantu bishwe nizo nyeshyamba bagera kuri 16 barimo 9 b’Abasivile n’abagore 6. Abandi bantu batanu bakomeretse barimo abagore batatu.

Gabriel Uzabakiriho

Recent Posts

Uwunganiraga Aimable Karasira mu rubanza yabivuyemo

Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…

2 weeks ago

Perezida Kagame yashimiye Urubyiruko rw’abakorerabushake imbaraga bagaragaje mu gihe cya COVID-19

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…

2 weeks ago

Gakenke: Inzu zigera kuri zirindwi zarigise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…

2 weeks ago

Urubyiruko rw’abakorerabushake rugera ku 7,500 rwahuriye muri BK Arena kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 (Amafoto)

Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…

2 weeks ago

Gen Muhoozi yasuye RDC nyuma yo kuzamurwa mu mapeti

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

2 weeks ago

Kigali: Imodoka itwara Abanyeshuri yakoze impanuka yinjira mu nzu

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…

2 weeks ago