Itangazo rya Guverinoma y’Uburundi rimaze akanya gato risohotse, riravuga ko Red Tabara ariyo yaraye igabye igitero muri Bubanza yica abantu 14 barimo abasirikare batandatu. I Bujumbura bongeye kuvuga ko u Rwanda ari rwo rutoza rukanashyigikira uyu mutwe.
Iti tangazo ryashyizwe umukono n’umunyamabanga mukuru mu Biro bya Perezidansi y’Uburundi witwa Jerôme Niyonzima.
Mu itangazo bavuga ko bashenguwe n’abantu bishwe nizo nyeshyamba bagera kuri 16 barimo 9 b’Abasivile n’abagore 6. Abandi bantu batanu bakomeretse barimo abagore batatu.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…