Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iri gushaka umuntu wo kuzajya yita ku isuku y’imbwa zifashishwa mu gucunga umutekano.
Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko kugira ngo uhabwe ako atari buri wese kuko hari ibyo ukwiriye kuba wujuje birimo no kuba uri Umunyarwanda.
Ikindi n’uko Ibaruwa isaba akazi yandikirwa Umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’u Rwanda.
Usaba ako kazi agomba kuba azi gusoma no kwandika. Akaba kandi afite ubuzima buzira umuze.
Ikindi umuntu asabwa ni uko agomba kuba afite icyemezo cy’ubudakemwa mu mico no mu myifgatire, ndetse by’aba akarusho akaba yarigeze kuba yarakoranye n’inzego zishinzwe umutekano.
Aka kazi gasabwa, abagasaba bagomba kutarenza tariki 5 Werurwe 2024.
N’ubwo hatangajwe ko hakenewe abakozi ntihatangajwe umubare ukenewe muri ako kazi.
Gusa Polisi y’u Rwanda ivuga ko abazaba bujuje ibisabwa aribo bazatangazwa ku rutonde ruzashyirwa hanze.
ITANGAZO:
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…