Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iri gushaka umuntu wo kuzajya yita ku isuku y’imbwa zifashishwa mu gucunga umutekano.
Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko kugira ngo uhabwe ako atari buri wese kuko hari ibyo ukwiriye kuba wujuje birimo no kuba uri Umunyarwanda.
Ikindi n’uko Ibaruwa isaba akazi yandikirwa Umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’u Rwanda.
Usaba ako kazi agomba kuba azi gusoma no kwandika. Akaba kandi afite ubuzima buzira umuze.
Ikindi umuntu asabwa ni uko agomba kuba afite icyemezo cy’ubudakemwa mu mico no mu myifgatire, ndetse by’aba akarusho akaba yarigeze kuba yarakoranye n’inzego zishinzwe umutekano.
Aka kazi gasabwa, abagasaba bagomba kutarenza tariki 5 Werurwe 2024.
N’ubwo hatangajwe ko hakenewe abakozi ntihatangajwe umubare ukenewe muri ako kazi.
Gusa Polisi y’u Rwanda ivuga ko abazaba bujuje ibisabwa aribo bazatangazwa ku rutonde ruzashyirwa hanze.
ITANGAZO:
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…