Ikipe ya Dynamo BBC yo mu gihugu cy’u Burundi yabujijwe guseruka mu mikino ya BAL yambaye imyenda iriho ibirango bya Visit Rwanda.
Amakuru aturuka imbere mu gihugu avuga ko hari bamwe mu bayobozi babujije iy’ikipe kuza kujya ku kibuga bambaye imyenda iriho ibirango bya Visit Rwanda.
Ni mugihe ubusanzwe iyi gahunda yambarwa n’amakipe yose yitabiriye irushanwa rya BAL igiye kuba ku nshuro ya Kane, iteganyijwe gutangira uyu munsi kuwa Gatandatu mu gice cya Kalahari Conference.
Dynamo BBC irajya mu kibuga kwesurana n’ikipe Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatandatu guhera Saa Moya z’umugoroba.
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ku Isi, FIBA ryamaze kubabwira nibatagaragara ku kibuga bambaye imyenda yabugenewe mu irushanwa barahagarikwa muri Basketball imyaka itanu.
Dynamo kugeza kuri ubu ntiragira byinshi itangaza kubyo yamaze kubwira.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…