Ikipe ya Dynamo BBC yo mu gihugu cy’u Burundi yabujijwe guseruka mu mikino ya BAL yambaye imyenda iriho ibirango bya Visit Rwanda.
Amakuru aturuka imbere mu gihugu avuga ko hari bamwe mu bayobozi babujije iy’ikipe kuza kujya ku kibuga bambaye imyenda iriho ibirango bya Visit Rwanda.
Ni mugihe ubusanzwe iyi gahunda yambarwa n’amakipe yose yitabiriye irushanwa rya BAL igiye kuba ku nshuro ya Kane, iteganyijwe gutangira uyu munsi kuwa Gatandatu mu gice cya Kalahari Conference.
Dynamo BBC irajya mu kibuga kwesurana n’ikipe Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatandatu guhera Saa Moya z’umugoroba.
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ku Isi, FIBA ryamaze kubabwira nibatagaragara ku kibuga bambaye imyenda yabugenewe mu irushanwa barahagarikwa muri Basketball imyaka itanu.
Dynamo kugeza kuri ubu ntiragira byinshi itangaza kubyo yamaze kubwira.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…