MU MAHANGA

Kenya: Perezida Ruto yashyizeho abagore 10 ba Ambasaderi ku munsi wabahariwe

Ku munsi mpuzamahanga wahariwe abagore, Perezida wa Kenya William Ruto yashyizeho aba Ambasaderi 10 b’abagore n’abadepite batandatu.

Advertisements

Yavuze ko aba bagore bahawe akazi biri mu mbaraga Guverinoma ya Kenya iri gushyira mu gushima uruhare rw’abagore mu kubaka igihugu.

Perezida Ruto avuga ko Guverinoma iri gushyira imbara mu bari n’abategarugori

Ubwo yari kuri Stade Moi i Embu, mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore, Perezida Ruto yavuze ko guverinoma izakomeza gutera inkunga abagore mu nzego zose z’igihugu.

Ruto ati: “Uyu munsi, nashyizeho abagore icumi nkaba ambasaderi abandi batandatu nk’ababadepite mu rwego rwo gushimira uruhare rwabo mu gihugu.”

Amazina y’abahawe akazi n’ibihugu bazakoreramo ntibirashyirwa ahagaragara.

Umukuru w’igihugu yavuze ko ubuyobozi bwe bukora ibishoboka byose kugira ngo ibibazo by’umugore bihabwe uburemere bikwiye.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago