Umugore warusanzwe aririmbira mu rusengero ruzwi nka Living Messiah rwubatse mu gace ka Agbor muri Nigeria yapfuye urupfu rutunguranye.
Uyu mugore witwa Imade wapfuye urupfu rutunguranye yaguye igihumure ubwo yari imbere mu rusengero arimo kuririmba, aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Alero biherereye Owa mu gihugu cya Nigeria akagwa mu maboko y’abaganga.
Iyi nkuru y’incamugongo yabaye kuri iki cyumweru tariki 17 Werurwe 2024.
Bamwe mu bakirisitu n’abandi bari mu bamuzi n’inshuti ze bashenguwe n’urupfu rwa Imade wapfuye arimo kuririmba imbere mu rusengero.
Amakuru arambuye ku rupfu rwa nyakwigendera akomeje kuba urujijo, mugihe hagikomeje gushakwa amakuru arambuye kuri we.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…