Umugore warusanzwe aririmbira mu rusengero ruzwi nka Living Messiah rwubatse mu gace ka Agbor muri Nigeria yapfuye urupfu rutunguranye.
Uyu mugore witwa Imade wapfuye urupfu rutunguranye yaguye igihumure ubwo yari imbere mu rusengero arimo kuririmba, aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Alero biherereye Owa mu gihugu cya Nigeria akagwa mu maboko y’abaganga.
Iyi nkuru y’incamugongo yabaye kuri iki cyumweru tariki 17 Werurwe 2024.
Bamwe mu bakirisitu n’abandi bari mu bamuzi n’inshuti ze bashenguwe n’urupfu rwa Imade wapfuye arimo kuririmba imbere mu rusengero.
Amakuru arambuye ku rupfu rwa nyakwigendera akomeje kuba urujijo, mugihe hagikomeje gushakwa amakuru arambuye kuri we.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…