MU MAHANGA

Umuririmbyikazi yapfiriye mu rusengero

Umugore warusanzwe aririmbira mu rusengero ruzwi nka Living Messiah rwubatse mu gace ka Agbor muri Nigeria yapfuye urupfu rutunguranye.

Advertisements

Uyu mugore witwa Imade wapfuye urupfu rutunguranye yaguye igihumure ubwo yari imbere mu rusengero arimo kuririmba, aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Alero biherereye Owa mu gihugu cya Nigeria akagwa mu maboko y’abaganga.

Iyi nkuru y’incamugongo yabaye kuri iki cyumweru tariki 17 Werurwe 2024.

Imade warusanzwe ari umuririmbyi mu rusengero yapfuye bitunguranye

Bamwe mu bakirisitu n’abandi bari mu bamuzi n’inshuti ze bashenguwe n’urupfu rwa Imade wapfuye arimo kuririmba imbere mu rusengero.

Amakuru arambuye ku rupfu rwa nyakwigendera akomeje kuba urujijo, mugihe hagikomeje gushakwa amakuru arambuye kuri we.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago