Ubwo yitabiraga amateraniro ya Pasika, kuri iki Cyumweru tariki 31 Werurwe, umuhanzi Diamond Platnumz yahawe umwanya abwiriza iby’ibutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito n’ubwo asanzwe asengera mu idini ya Islam.
Ubwo yitabiraga amateraniro ya Pasika, Diamond Platnumz yahawe umwanya abwiriza iby’ibutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito n’ubwo asanzwe asengera mu idini ya Islam.
Uyu muhanzi umaze kuba ikirangirire uretse kuba ari umuhanzi w’indirimbo z’Isi yagaragaje ko yaba n’umuvugabutumwa w’umuhanga.
Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye ayo masengesho, Diamond Platnumz yabasomeye ijambo ry’Imana riboneka muri Yohana igice cya 13 kuva ku murongo wa 34 kugera ku murongo wa 35.
Ijambo rigira riti “34 Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana.
35 Ibyo ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye, nimukundana.” (Yohana 13:34;35).
Diamond Platnumz si ubwa mbere agaragaye mu nzu y’Imana n’ubwo asanzwe abarizwa mu idini rya Islam yewe n’ubu bakaba bari no mu gisibo cya Ramadhan, dore ko mu mwaka ushize n’ubundi yagaragaye mu rusengero asengerwa n’umuvugabutumwa Clear Malisa bivugisha benshi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…