IMYIDAGADURO

Diamond Platnumz yagaragaye abwiriza ijambo ry’Imana abarizwa mu idini rya Islam

Ubwo yitabiraga amateraniro ya Pasika, kuri iki Cyumweru tariki 31 Werurwe, umuhanzi Diamond Platnumz yahawe umwanya abwiriza iby’ibutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito n’ubwo asanzwe asengera mu idini ya Islam.

Advertisements

Ubwo yitabiraga amateraniro ya Pasika, Diamond Platnumz yahawe umwanya abwiriza iby’ibutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito n’ubwo asanzwe asengera mu idini ya Islam.

Uyu muhanzi umaze kuba ikirangirire uretse kuba ari umuhanzi w’indirimbo z’Isi yagaragaje ko yaba n’umuvugabutumwa w’umuhanga.

Umuhanzi Diamond Platnumz arimo kubwiriza

Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye ayo masengesho, Diamond Platnumz yabasomeye ijambo ry’Imana riboneka muri Yohana igice cya 13 kuva ku murongo wa 34 kugera ku murongo wa 35.

Ijambo rigira riti “34 Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana.

35 Ibyo ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye, nimukundana.” (Yohana 13:34;35).

Diamond Platnumz si ubwa mbere agaragaye mu nzu y’Imana n’ubwo asanzwe abarizwa mu idini rya Islam yewe n’ubu bakaba bari no mu gisibo cya Ramadhan, dore ko mu mwaka ushize n’ubundi yagaragaye mu rusengero asengerwa n’umuvugabutumwa Clear Malisa bivugisha benshi.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago