Mai Mai yakozanyijeho na M23
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Mata 2024, Imirwano ikaze yahuje ingabo z’igihugu (FARDC) n’umutwe wa M23, yongeye kubura mu gace ka Nyakajanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Iyi mirwano yari irangajwe imbere na Wazalendo nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza.Imbunda ziremereye nizo zari ziganje muri iyo mirwano ari nako barasa mu baturage.
Ni mu gihe muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakomeje gutegurwa imyigaragabyo iri butangire kuri uyu wa Kane nk’uko amakuru y’ubuyobozi bw’ibanze abivuga.
Impamvu y’iyi myigaragambyo nyirizina ni ubwicanyi bukorerwa abasivile bumaze gufata indi ntera.Ubu ubwicanyi bukorwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo Wazalendo , ADF, CODECO n’indi mitwe igizwe na Maï Maï, aho mu gihe cy’iminsi itageze kuri 21 abagera kuri 40 bamaze kuhasiga ubuzima.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…