Umufana wa Rayon Sports ukomeye, witwa Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yayiteye umugongo umutima awerekeza muri APR FC.
Isaac wari warihebeye Rayon Sports yakiriwe n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira.
Uyu mugabo yiyemeje kwerekeza umutima we muri iy’ikipe y’Ingabo, benshi babihuza n’uko Rayon Sports muri iy’iminsi idatanga ibyishimo.
Hakiyongeraho kuba Rayon Sports uyu mwaka 2023-2024, wabaye nkuyibereye impfabusa kuko yamaze no gusezerwa mu bikombe byose bikinirwa mu Rwanda.
Ni mugihe APR Fc uyu mwaka yongeye gukora amateka yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ku nshuro ya 22, ku munsi wa 27 ugize shampiyona ndetse bikazatuma isohokera igihugu mu marushanwa mpuzamahanga mu rwego rw’Afurika, ku makipe yatwaye shampiyona y’ibihugu byayo (CAF Champions League).
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…