Umufana wa Rayon Sports ukomeye, witwa Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yayiteye umugongo umutima awerekeza muri APR FC.
Isaac wari warihebeye Rayon Sports yakiriwe n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira.
Uyu mugabo yiyemeje kwerekeza umutima we muri iy’ikipe y’Ingabo, benshi babihuza n’uko Rayon Sports muri iy’iminsi idatanga ibyishimo.
Hakiyongeraho kuba Rayon Sports uyu mwaka 2023-2024, wabaye nkuyibereye impfabusa kuko yamaze no gusezerwa mu bikombe byose bikinirwa mu Rwanda.
Ni mugihe APR Fc uyu mwaka yongeye gukora amateka yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ku nshuro ya 22, ku munsi wa 27 ugize shampiyona ndetse bikazatuma isohokera igihugu mu marushanwa mpuzamahanga mu rwego rw’Afurika, ku makipe yatwaye shampiyona y’ibihugu byayo (CAF Champions League).
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…