AMATEKA

#Kwibuka30: Carlos Alós Ferrer watoje Amavubi yatanze ubutumwa buhumuriza Abanyarwanda

Umutoza Carlos Alós Ferrer wigeze utoza ikipe y'Igihugu y'u Rwanda (Amavubi) yatanze ubutumwa bwo kwihangisha Abanyarwanda muri ibi bihe hibukwa…

11 months ago

Menya ibyaranze tariki 8 Mata 1994, yaranzwe no kwica abatutsi benshi n’abasirikare barindaga Perezida bafatanyije n’Interahamwe

Tariki ya 8 Mata ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…

11 months ago

Abakinnyi ba Arsenal na Bayern Munich batanze ubutumwa bwo #Kwibuka30

Amakipe y’i Burayi asanzwe afitanye ubufatanye n’u Rwanda arimo Arsenal yo mu Bwongereza na Bayern Munich yo mu Budage bamwe…

11 months ago

#Kwibuka30: Perezida Kagame yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we wishwe agambaniwe

Kuri uyu wa 7 Mata 2024 ubwo yatangiza Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida Kagame yatanze ubuhamya…

11 months ago

Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye ku Banyarwanda bitakongera ukundi

Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi yababereye isomo n'Isi yose ndetse yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe ukundi.…

11 months ago

Kwibuka30: Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yongeye gutunga agatoki Loni yarebereye amahano ya Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA yongeye kuvuga amahanga harimo n’Umuryango w’Abibumbye yarebereye Jenoside yakorewe abatutsi kugeza…

11 months ago

Kwibuka30: Icyumweru cy’icyunamo cyatangijwe no gucana urumuri rw’icyizere

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, nibwo hatangijwe icyumweru cy’icyunamo ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

11 months ago

Menya ibyaranze itariki 7 Mata 1994 ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga mu Rwanda

Imyaka 30 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994,…

11 months ago

Menya imihanda izakoreshwa n’abayobozi ku munsi wo gutangiza Kwibuka30

Mugihe kuri iki Cyumweru tariki 7 Mata 2024, mu Rwanda hatangizwa icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…

11 months ago

Menya abashyitsi bitabiriye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi

Bamwe mu bashyitsi bakomeye barimo n'abakuru b'ibihugu n'abahagarariye ibihugu byabo bamaze kugera i Kigali mu kwitabira umuhango wo gutangiza ibikorwa…

11 months ago