Umutoza Carlos Alós Ferrer wigeze utoza ikipe y'Igihugu y'u Rwanda (Amavubi) yatanze ubutumwa bwo kwihangisha Abanyarwanda muri ibi bihe hibukwa…
Tariki ya 8 Mata ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…
Amakipe y’i Burayi asanzwe afitanye ubufatanye n’u Rwanda arimo Arsenal yo mu Bwongereza na Bayern Munich yo mu Budage bamwe…
Kuri uyu wa 7 Mata 2024 ubwo yatangiza Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida Kagame yatanze ubuhamya…
Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi yababereye isomo n'Isi yose ndetse yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe ukundi.…
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA yongeye kuvuga amahanga harimo n’Umuryango w’Abibumbye yarebereye Jenoside yakorewe abatutsi kugeza…
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, nibwo hatangijwe icyumweru cy’icyunamo ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…
Imyaka 30 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994,…
Mugihe kuri iki Cyumweru tariki 7 Mata 2024, mu Rwanda hatangizwa icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…
Bamwe mu bashyitsi bakomeye barimo n'abakuru b'ibihugu n'abahagarariye ibihugu byabo bamaze kugera i Kigali mu kwitabira umuhango wo gutangiza ibikorwa…