Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu byatumye igiciro…
Guverinoma yatangaje ko guhera tariki 16 Werurwe 2024, izakuraho nkunganire yajyaga mu kwishyurira itike y’urugendo, abantu batega imodoka zitwara abagenzi…
Imirimo y’uruganda rukumbi rw’Isukari mu Rwanda (Kabuye Sugar Works) rwabaye rufunze imiryango by’agateganyo, nyuma y’uko ubuso rwakoreragaho ubuhinzi bwibasiwe n’ibiza.…
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yavuze ko ibintu biharaye byo kunyanyagiza amafaranga ku bantu yaba mu bukwe, mu…
Isoko ry’inkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, mu Murenge wa Gasaka ryafashwe n’inkongi mu ijoro ryo ku wa 16…
Ikigo gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyatangaje ko amafaranga yinjiye avuye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga mu 2023 yiyongereye…
Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n'aho imodoka ibagejeje, aho…
Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byagabanutse, aho lisansi yavuye ku mafaranga 1639 Frw kuri litiro igera ku 1637 Frw…
Guverinoma yatangaje ko ingengo y’imari ivuguruye mu 2023/2024 iziyongeraho miliyari 85.6Frw, ikava kuri miliyari 5,030Frw yiyongera ikagera kuri miliyari 5,115.6Frw.…
U Rwanda na Pologne kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Gashyantare 2024, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu n’ubucuruzi, ubufatanye…