UBUKUNGU

Guverinoma yatangaje Ibiciro bishya by’ingendo nyuma yo gukuraho nkunganire (Reba hano)

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu byatumye igiciro…

2 months ago

Guverinoma igiye gukuraho nkunganire yajyaga mu kwishyurira itike y’urugendo

Guverinoma yatangaje ko guhera tariki 16 Werurwe 2024, izakuraho nkunganire yajyaga mu kwishyurira itike y’urugendo, abantu batega imodoka zitwara abagenzi…

2 months ago

Uruganda rukumbi rukora Isukari mu Rwanda rwahagaritse imirimo yarwo

Imirimo y’uruganda rukumbi rw’Isukari mu Rwanda (Kabuye Sugar Works) rwabaye rufunze imiryango by’agateganyo, nyuma y’uko ubuso rwakoreragaho ubuhinzi bwibasiwe n’ibiza.…

2 months ago

Ni imbwa ntibakizinagira! RIB yaburiye abasigaye banyanyagiza amafaranga mu bukwe no mu bantu

Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yavuze ko ibintu biharaye byo kunyanyagiza amafaranga ku bantu yaba mu bukwe, mu…

3 months ago

Isoko rya Kigeme ryahiye rirakongoka

Isoko ry’inkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, mu Murenge wa Gasaka ryafashwe n’inkongi mu ijoro ryo ku wa 16…

3 months ago

U Rwanda rwinjije bwa mbere miliyari y’Amadorali mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro

Ikigo gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyatangaje ko amafaranga yinjiye avuye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga mu 2023 yiyongereye…

3 months ago

Abatega bisi bagiye kujya bishyura amafaranga bitewe naho imodoka ibagejeje

Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n'aho imodoka ibagejeje, aho…

3 months ago

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutseho hafi ya ntayo

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byagabanutse, aho lisansi yavuye ku mafaranga 1639 Frw kuri litiro igera ku 1637 Frw…

3 months ago

Guverinoma yatangaje ingengo y’imari ivuguruye

Guverinoma yatangaje ko ingengo y’imari ivuguruye mu 2023/2024 iziyongeraho miliyari 85.6Frw, ikava kuri miliyari 5,030Frw yiyongera ikagera kuri miliyari 5,115.6Frw.…

3 months ago

Harimo n’ubufatanye mu ikoranabuhanga ritangiza ibidukikije – Amwe mu masezerano U Rwanda na Pologne basinyanye

U Rwanda na Pologne kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Gashyantare 2024, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu n’ubucuruzi, ubufatanye…

3 months ago