UBUZIMA

Umubyeyi wa Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi yapfuye

Umubyeyi wa nyakwigendera Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi, Domitile Minani yitabye Imana kuri uyu wa 2 Gashyantare 2024. Inkuru y'incamugongo…

2 years ago

Abantu 15 bishwe n’umwuzure wibasiye igihugu cya Kenya

Ku wa mbere, tariki ya 6 Ugushyingo, Croix-Rouge yavuze ko byibuze abantu 15 bapfiriye muri Kenya kubera umwuzure watwaye amazu…

2 years ago

Nyanza: Bane bafashwe bagiye kwiba inkoko umwe ahasiga ubuzima

Mu Mudugudu wa Buhaza, Akagari ka Gati mu Murenge wa Muyira muri Nyanza haravugwa inkuru y’abantu bane bafashwe n’abaturage bakabakubita…

2 years ago

Mama Nick wamamariye muri City Maid agiye kubagwa nyuma yo kubona inkunga

Mukakamanzi Beata wamamaye nka Mama Nick muri filimi y’uruhererekane ya City Maid ikundwa na benshi kuri RTV,yaraye mu bitaro aho…

2 years ago

Inzobere ziteraniye i Kigali mu nama yiga ku kubungabunga ubuzima bw’inyamaswa

Kuri uyu wa mbere tariki 25 Nzeri 2023, i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga ihuje inzobere ku bijyanye n'ubuzima bw'inyamaswa zaturutse…

2 years ago

André warukunzwe mu biganiro bya YouTube nawe yitabye Imana

Umwe mu bagabo batatu bashaje ariko bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije, André Buhigiro yatabarutse, hakaba hasigaye umwe kuko undi aheruka kwitaba…

2 years ago

RIB yinjiye mu kibazo cy’umugabo wakubise urushyi mugenzi we agahita yuma

Nyuma y’uko umugabo witwa Sibomana Jean Pierre wo mu Murenge wa Jali muri Gasabo akubise urushyi rutagira urw’akabiri umugabo mugenzi…

2 years ago

Madamu Jeannette Kagame yageneye ubutumwa bwihariye ababaswe n’Inzoga

Madamu Jeannette Kagame yandikiye abanyarwanda abahugura ku bubi bwo kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge, abibutsa ko ukubatwa kose ari uburwayi…

2 years ago

Perezida Kagame yihanganishije igihugu cya Maroc cyagize ibyago by’umutingito

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yihanganishije igihugu cya Maroc cyagize ibyago by'umutingito watinye abarenga 1000 baburiramo ubuzima. Umutingito ukomeye wateye mu…

3 years ago

Maroc: Abarenga 600 bamaze kwemezwe ko bahitanywe n’umutingito

Umutingito ukomeye wateye hagati muri Maroc mu ijoro ryakeye, wahitanye nibura abantu 630, nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’Umutekano w’igihugu. Ahabereye…

3 years ago