RWANDA

Paul Rutikanga ukorera RBA yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we-AMAFOTO

Paul Rutikanga usanzwe ukorera ikigo cy'igihugu cy'itangazamakuru mu Rwanda (RBA) yasezeranye imbere y'amategeko n’umukunzi we witwa Uwera Caroline. Ni umuhango…

5 months ago

Hasobanuwe byimbitse ibikubiye mu masezerano azasinywa hagati y’u Rwanda na RDC-Amb. Olivier Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko kuri uyu wa Gatanu aribwo inyandiko izashyirwaho umukono bityo azaba ari…

5 months ago

Abashakashatsi mu by’ubukungu bateraniye mu nama barebera hamwe uko igihugu cyakwigira kidakomeje gutegera amaboko inkunga y’amahanga

Ihuriro ry'Abashakashatsi mu by'ubukungu 'EPRN' n'abandi bafatanyabikorwa bateraniye mu nama nyunguranabitekerezo iri kubera i Kigali, aho bari kureberera hamwe uko…

5 months ago

Yago yahishuye uko umukunzi we bari baherutse kwibarukana yamucitse

Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago mu buhanzi no mu itangazamakuru yakomoje ku nkuru zimaze iminsi zicicikana z’uko yatandukanye n’umukobwa witwa…

5 months ago

Basketball: Imikino ya kamparampaka yo guhanganira igikombe cya Shampiyona (Playoffs) igiye gutangira

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 20 Kamena 2025, haratangira urugamba rwuzegukana igikombe cya Shampiyona ya Basketball 2025 mu Rwanda, aho…

6 months ago

Imodoka itwara abanyeshuri yakoze impanuka ikomeye

Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko…

6 months ago

Abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda basoreje amasomo ya gisirikare muri Kenya

Abofisiye babiri mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. Emmanuel Rutayisire na Maj. Hipolyte Muvunyi basoreje amasomo ya gisirikare mu Ishuri…

6 months ago

Karasira yakoze agashya mu rukiko yikorera ikimenyetso kidasanzwe

Karasira Aimable ukurikiranyweho ibyaha birimo gupfobya no guha ishingiro Jenoside yakorewe Abatutsi akekwaho gukorera kuri YouTube mu biganiro bitandukanye, yageze…

6 months ago

Muhanga: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye

Biravugwa ko umugabo witwa Zigiranyirazo Joseph w'imyaka 31 warutuye mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yaba…

6 months ago

Perezida Kagame yasuye ishuri muri Algeria ryigamo abanyeshuri ba ‘Banyarwanda’

Perezida Paul Kagame yasuye ikigo cy'ishuri cyigisha ibijyanye n'ikoranabuhanga ry'ubwenge bw'ubukorano (Artificial Intelligence) muri Algeria ryigamo n'abanyeshuri ba Banyarwanda bagera…

6 months ago