Polisi ishami rishinzwe ibizamini n'impushya zo gutwara ibinyabiziga ryemeje ko rigiye gutangira gukoresha ibizamini hifashishijwe ikoranabuhanga bigomba gutangirana n'uku Kwezi…
Kuri uyu wa Gatanu ku ya 19 Mata 2024, Abakoresha telefoni za iPhone mu gihugu cy'Ubushinwa batunguwe no kubona zimwe…
Kuri uyu wa Mbere tariki 1 Mata 2024 abatuye mu Mujyi wa Kigali batangarijwe uburyo bushya bazajya bakoresha bishyura umusanzu…
Rwanda Information Society Authority (RISA) Vacancies available for Working positions as Digital Ambassador Supervisors in Districts. Job responsibilities Act as the…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza abaturage telefone 160 zari zaribwe mu bihe bitandukanye zigahindurirwa ibirango nyuma zikajya gucuruzwa. Abafatiwe…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro inama ya Mobile World Congress yatangiye kubera i Kigali…
Kuwa kabiri tariki 11 Nyakanga, mu Nteko ishingamategeko yateranye mu gihugu cya Uganda yasabye ko hashyirwaho itegeko rishya ku mbuga…
Umugabo w’imyaka 36 yahitanwe n’icyuma gitwara abantu mu nyubako ‘Ascenseur’ ubwo yakoraga isuku y’ibirahuri byacyo ku gice cy’inyuma kitari icyo…
Umuherwe wa mbere ku Isi akaba na nyiri urubuga Twitter Elon Musk yatangaje ko yashyizeho Linda Yaccarino nk’Umuyobozi mushya w’urwo…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari mu gihugu cya Zimbabwe, aho yitabiriye ihuriro rizwi nka Transform Africa Summit…