UMUTEKANO

Ecuador: Fernando wiyamamarizaga ashaka kuba Perezida yarasiwe mu ruhame

Fernando Villavicencio wari Umukandida wifuza guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Equador, yishwe arasiwe mu ruhame ubwo yarimo gushaka amajwi.…

2 years ago

Niger: Abaherutse guhirika ubutegetsi bishyiriyeho Minisitiri w’Intebe

Igisirikare giherutse guhirika ubutegetsi bw'igihugu cya Niger bwashyizeho Minisitiri w'Intebe Ali Mahaman Lamine Zeine. Minisitiri w'Intebe mushya wa Niger Lamine…

2 years ago

Misiri irayoboye, urutonde rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika

Ku rutonde rushya rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye ku mugabane w’Afurika, igihugu cya Misiri nicyo kiyoboye kikunganirwa n’ibindi by’Abarabu. Iki gisirikare…

2 years ago

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri Cabo Delgado gusimbura bagenzi babo

Kuri uyu wa Mbere tariki 31 Nyakanga, abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bahagurutse mu Rwanda berekeza mu Ntara ya Cabo Delgado…

2 years ago

Ubufaransa n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi byahagaritse inkunga bwahaga Niger

Ubufaransa n’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi byahagaritse inkunga irimo iy’amafaranga bwageneraga igihugu cya Niger nyuma yo guhirika ubutegetsi bwari buyoboye na…

2 years ago

Niger: General Tchiani yatangaje ko ariwe uyoboye igihugu nyuma ya Coup d’Etat

General Tchiani yahise yemeza ko ariwe uyoboye guverinoma y’inzibacyuho nyuma yo guhirika ubutegetsi bwa Niger. Abdourahmane Tchiani, warusanzwe ukuriye ingabo…

2 years ago

Perezida Museveni yifashishije umuhungu we Gen Muhoozi mu rugendo yagiriye mu Burusiya

Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni yerekeje mu gihugu cy'Uburusiya arikumwe n'umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba. Kugeza ubu impamvu…

2 years ago

Musenyeri Dom Antonio Juliasse yasuye icyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda muri Mozambique

Kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Nyakanga 2023, Musenyeri wa Diyosezi ya Pemba yasuye ikicaro gikuru cy'ingabo z'u Rwanda zishinzwe…

2 years ago

Perezida Kagame yazamuye mu mapeti Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga 2023, Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda…

2 years ago

Babiri bishwe barashwe ku mukino ufungura igikombe cy’Isi cy’Abagore muri Nouvelle-Zélande

Umugabo yishe abantu babiri i Auckland, muri Nouvelle-Zélande amasaha make mbere y’ifungurwa ry’ibirori ry'igikombe cy’Isi cy’abagore umwaka 2023. Ibi byahungabanyije…

2 years ago