Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 28 Kanama 2021, ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakiriye abasirikare bashya basoje amasomo y’ibanze ya gisirikare yaberaga mu Kigo imyitozo y’ibanze ya gisirikare cya Nasho giherereye mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba.
Mu ijambo rye, Gen. Kazura yashimiye abo basirikare bashya kuba barahisemo neza bakinjira mu muryango wa RDF witangiye kurengera Igihugu n’abaturage bacyo.
Umwe mu basoje amasomo ya gisirikare, Pte Uwizeyimana Mwadjuma, yavuze ko atewe ishema no kwinjira mu muryango wmugari w’Ingabo z’u Rwanda bijyana no gukorera Igihugu cyamubyaye.
Abasirikare bashya binjiye mu Ngabo z’u Rwanda, nyuma y’umwaka umwe bari bamaze muri ayo mahugurwa y’ibanze ya gisirikare.
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…
Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje icyo azakora aramutse atsinzwe amatora ya perezida…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2024, Abantu babiri bacyekwagaho ubujura…
Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2024, byemejwe ko ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Umupira…