Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hagaragaye abarwayi bashya bafite ubwoko bwa Corona virusi yihinduranyije yiswe Omicron.
Mu itangazo ryatanzwe na Minisiteri y’Ubuzima, rivuga ko abantu batandatu aribo bagaragaye ko bafite virusi nshya yihinduranyije yiswe Omicron.
Ibinyujije ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya COVID19 izwi ku izina rya Omicron abo bantu ni abagenzi ndetse n’abahuye nabo.”
Umutoza wa AS Kigali WFC, Ntagisanimana Saida, yafatiwe ibihano byo kumara imikino itatu adatoza kubera…
François Xavier Habonimana, wakoraga umurimo w'ubukangurambaga mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy'u Burundi…
Ushingiye ku byari mu itangazo ry’umuhesha w’inkiko umunyamategeko Vedaste Habimana rihamagarira ababishoboye kugura kuri make…
Umuhanzi mpuzahamanga Justin Bieber aricuza kuba yaremeye kujya mu ndirimbo Essence ya Wizkid, aho ahamya…
Mu gitaramo cyitwa Serengeti Bite Vibes cyabaye mu ijoro ryo kuwa gatandatu tariki 27 Mata,…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, Mu rugo rw’umugabo witwa…