Lt Gen Mohoozi Kainerugaba wari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu yasoje urugendo rwe asubira mu gihugu cye.
Kuri uyu wa kane tariki 16 Werurwe 2022, nibwo Lt Gen Mohoozi Kainerugaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yasoje uru ruzinduko, ku kibuga cy’indege cya Kigali yaherekejwe na bamwe mu basirikare bakuru mu Ngabo z’u Rwanda.
Hari kandi n’ubuyobozi muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda.
Mu minsi itatu amaze mu Rwanda Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yahuye na Perezida Kagame, asura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwo ku Gisozi, asura Kigali Arena.
Perezida Kagame kandi yamugabiye inka z’Inyambo kuri uyu wa Kabiri taliki 15 Werurwe 2022.
Perezida Kagame yihanganishije mugenzi we wa Kenya, William Ruto n'Abanya-Kenya kubera imiryango yakuwe mu byabo…
Ikipe ya Police Fc yegukanye igikombe cy'Amahoro itsinze ikipe ya Bugesera Fc bigoranye ibitego 2-1…
Umwana w'imyaka ibiri w'umuhungu witwa Iremukwishaka Viateur aravugwaho gutwikirwa mu nzu biturutse ku mubyeyi we…
Mu Kagari ka Gataba, mu Murenge wa Rusasa Akarere ka Gakenke, haravugwa inkuru y'abaturage baraye…
Ukraine yongeye gukora ibitero bya dorone byibasiye uruganda rutunganya amavuta rwa Ryazan imbere mu Burusiya.…
Mu mwaka ushize ubwo ikipe ya As Kigali yasezereraga bamwe mu bakinnyi bayo barimo na…