IMYIDAGADURO

Lil Wayne yitatse avuga ko nta muraperi umurenze

Lil Wayne, umwe mu baraperi bakomeye bakiriho, yatangaje ashize amanga ko nta muhanzi ushobora kuba yamurusha mubyo benshi bita imirongo.

Advertisements

Mu kiganiro yagiranaga na Rolling Stone mu cyitwa Verzuz, uyu muraperi w’umunyamerika ubwo yabazwaga undi muraperi yumva waza akamuhiga mu miringo, Lil Wayne byarangiye avuze ko bidashoboka.

Wayne yagize ati “Nifuzaga ko Mixtape yanjye yitwa Weezy yarigiye kurwanya Wayne, ibyo byari kuba ari nk’ibitangaje.”

Umunyamakuru yahise amubaza ati “Noneho uzaboneka ku rubyiniro wenyine?”.

Mu gusubiza ati “Yego. Ni abahe bahanzi bandi wumva natekereza?” Wayne yasubiye inyuma. “Nta wundi muhanzi ushobora guhagarara ku rubyiniro iruhande rwanjye, muvandimwe. Mbabarira.”

Ni mugihe kurundi ruhande rwa Jay-Z, abafana bategereje ko Lil Wayne bazitabira icyo kiganiro cya cyo kwigaragaza mu Verzuz. Ariko ikibazo gisigaye ni igikomeje kwibazwa ngo ninde ushobora kumuhangamura kuri we?

Mu Ukuboza 2022, Wiz Khalifa yajugunye ingofero ubwo yari muricyo kiganiro maze avuga ko yifuza guhangamura Lil Wayne mu ntambara ya Verzuz.

Mu kiganiro Wiz khalifa yabwiye Dj w’icyamamare Jay ati “Ntekereza ko byaba bishimishije, kubera ko Lil Wayne akora ibirenze iyo yirekana, njyewe nawe twibukiranye ibya kera twakora ibirenze, byaba bikomeye, kandi twese turi kunywa itabi ry’urumogi, ndatekereza ko cyaba ari igitaramo kirenze ikiganiro cya Verzuz”.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago