IMYIDAGADURO

Lil Wayne yitatse avuga ko nta muraperi umurenze

Lil Wayne, umwe mu baraperi bakomeye bakiriho, yatangaje ashize amanga ko nta muhanzi ushobora kuba yamurusha mubyo benshi bita imirongo.

Mu kiganiro yagiranaga na Rolling Stone mu cyitwa Verzuz, uyu muraperi w’umunyamerika ubwo yabazwaga undi muraperi yumva waza akamuhiga mu miringo, Lil Wayne byarangiye avuze ko bidashoboka.

Wayne yagize ati “Nifuzaga ko Mixtape yanjye yitwa Weezy yarigiye kurwanya Wayne, ibyo byari kuba ari nk’ibitangaje.”

Umunyamakuru yahise amubaza ati “Noneho uzaboneka ku rubyiniro wenyine?”.

Mu gusubiza ati “Yego. Ni abahe bahanzi bandi wumva natekereza?” Wayne yasubiye inyuma. “Nta wundi muhanzi ushobora guhagarara ku rubyiniro iruhande rwanjye, muvandimwe. Mbabarira.”

Ni mugihe kurundi ruhande rwa Jay-Z, abafana bategereje ko Lil Wayne bazitabira icyo kiganiro cya cyo kwigaragaza mu Verzuz. Ariko ikibazo gisigaye ni igikomeje kwibazwa ngo ninde ushobora kumuhangamura kuri we?

Mu Ukuboza 2022, Wiz Khalifa yajugunye ingofero ubwo yari muricyo kiganiro maze avuga ko yifuza guhangamura Lil Wayne mu ntambara ya Verzuz.

Mu kiganiro Wiz khalifa yabwiye Dj w’icyamamare Jay ati “Ntekereza ko byaba bishimishije, kubera ko Lil Wayne akora ibirenze iyo yirekana, njyewe nawe twibukiranye ibya kera twakora ibirenze, byaba bikomeye, kandi twese turi kunywa itabi ry’urumogi, ndatekereza ko cyaba ari igitaramo kirenze ikiganiro cya Verzuz”.

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

17 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

17 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

17 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

18 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago