Umutwe witwaje intwaro wa CODECO wagabye igitero ku birindiro by’Ingabo za Leta ya Congo, FARDC mu Ntara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gihitana abasivili barindwi.
Iki gitero CODECO yakigabye ku birindiro biherereye mu gace ka Djukoth mu Ntara ya Ituri, muri Teritwari ya Mahagi mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2023.
Abakozi b’Umuryango Mpuzamahanga utabara imbabare, ICRC, batangaje ko mu bantu barindwi bapfuye, harimo abana batanu n’abagore babiri, ndetse ubuyobozi bwo mu gace ka Mahagi bwatangaje ko “abarwanyi ba COCEDO bishe aba baturage mu buryo bwa kinyamaswa.”
Intara ya Ituri ni imwe mu zigize u Burasirazuba bwa RDC ikunda kumvikanamo ibitero by’imitwe yitwaje intwaro bihitana ubuzima bw’abaturage inshuro nyinshi.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…