Categories: Uncategorized

Perezida Kagame yakiriye Yoyo-Ma wegukanye Grammy Awards-Amafoto

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mu biro bye Yoyo-Ma usanzwe azwiho ubuhanga mu gucurangisha igikoresho cya Cello.

Advertisements

Umuhanzi Yoyo-Ma umaze iminsi mu gihugu cy’u Rwanda ni umwe mu begukanye igihembo cya Grammy Awards.

Perezida Kagame yakiriye Yoyo-Ma uri mu Rwanda

Uyu mugabo uzobereye mu gucurangisha igikoresho cya Cello ari mu Rwanda n’umugore we, Jill Hornor ndetse n’umwe mu bashinze Partners in Health, Ophelia Dahl aho baje gusura imishinga y’Umuryango Partners In Health.

Yoyo-Ma yazanye mu Rwanda n’umugore we

Mu biganiro byahuje impande zombi zagarutse ku nzira y’ubumwe n’ubwiyunge ndetse n’uburyo u Rwanda rwagiye rwiyubaka.

Yoyo-Ma ni umunyamerika wavukiye mu Bufaransa yakuze anakuza impano ye yo gucuranga igikoresho cya Cello mu Bufaransa akaba yaravukiye ku babyeyi ba bashinwa, impano yo gukoresha igikoresho kizwi nka Cello bwa mbere yayigaragaje mu mwaka 1961.

Yoyo-Ma wakurikiye mu buzima bw’ubufindo yigiye amashuri ye i New York.

Ophelia Dahl nawe ari mu Rwanda

Yoyo-Ma yegukanye ibihembo bya Grammy Awards kubera ubuhanga bwe yagaragaje mu gukoresha igikoresho cya Cello, mu mwaka 2011 yambitswe umudali w’ishimwe n’uwahoze ayobora igihugu cya Amerika Barack Obama kubera ibikorwa bye byagize impinduka ku bene gihugu no kumenyekanisha igihugu cye.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago