IMYIDAGADURO

Lil Wayne yitatse avuga ko nta muraperi umurenze

Lil Wayne, umwe mu baraperi bakomeye bakiriho, yatangaje ashize amanga ko nta muhanzi ushobora kuba yamurusha mubyo benshi bita imirongo.

Mu kiganiro yagiranaga na Rolling Stone mu cyitwa Verzuz, uyu muraperi w’umunyamerika ubwo yabazwaga undi muraperi yumva waza akamuhiga mu miringo, Lil Wayne byarangiye avuze ko bidashoboka.

Wayne yagize ati “Nifuzaga ko Mixtape yanjye yitwa Weezy yarigiye kurwanya Wayne, ibyo byari kuba ari nk’ibitangaje.”

Umunyamakuru yahise amubaza ati “Noneho uzaboneka ku rubyiniro wenyine?”.

Mu gusubiza ati “Yego. Ni abahe bahanzi bandi wumva natekereza?” Wayne yasubiye inyuma. “Nta wundi muhanzi ushobora guhagarara ku rubyiniro iruhande rwanjye, muvandimwe. Mbabarira.”

Ni mugihe kurundi ruhande rwa Jay-Z, abafana bategereje ko Lil Wayne bazitabira icyo kiganiro cya cyo kwigaragaza mu Verzuz. Ariko ikibazo gisigaye ni igikomeje kwibazwa ngo ninde ushobora kumuhangamura kuri we?

Mu Ukuboza 2022, Wiz Khalifa yajugunye ingofero ubwo yari muricyo kiganiro maze avuga ko yifuza guhangamura Lil Wayne mu ntambara ya Verzuz.

Mu kiganiro Wiz khalifa yabwiye Dj w’icyamamare Jay ati “Ntekereza ko byaba bishimishije, kubera ko Lil Wayne akora ibirenze iyo yirekana, njyewe nawe twibukiranye ibya kera twakora ibirenze, byaba bikomeye, kandi twese turi kunywa itabi ry’urumogi, ndatekereza ko cyaba ari igitaramo kirenze ikiganiro cya Verzuz”.

Christian

Recent Posts

Uwunganiraga Aimable Karasira mu rubanza yabivuyemo

Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…

1 week ago

Perezida Kagame yashimiye Urubyiruko rw’abakorerabushake imbaraga bagaragaje mu gihe cya COVID-19

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…

1 week ago

Gakenke: Inzu zigera kuri zirindwi zarigise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…

1 week ago

Urubyiruko rw’abakorerabushake rugera ku 7,500 rwahuriye muri BK Arena kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 (Amafoto)

Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…

1 week ago

Gen Muhoozi yasuye RDC nyuma yo kuzamurwa mu mapeti

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

1 week ago

Kigali: Imodoka itwara Abanyeshuri yakoze impanuka yinjira mu nzu

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…

2 weeks ago