Umugabo uzwi ku mazina ya Simon Nganji yapfuye nyuma y’iminsi mike ariwe n’imbwa ye aho yaratuye i Yaounde muri Cameroun.
Nk’uko amakuru abivuga ngo nyakwigendera warusanzwe akora mu biro bya Minisitiri w’Intebe ubwo yaratashye ku Cyumweru tariki 11 Kamena, iwe murugo yasagariwe n’imbwa yo mu bwoko bwa German shepherd (n’imbwa zituruka mu budage zigira amahane).
Imbwa yaje kumoka cyane ari nako imwegera nyuma yuko akinguriwe urugi rw’inzu y’uwo mugabo.
Ngo yaje kurwana niyo mbwa ariko imurusha imbaraga.
Gusa nyuma yuko babonye ko bikomeye mu rwego rwo kumukiza umurinzi w’umusirikare waho yahise arasa iyo mbwa.
Uwo mugabo yahise ajyanwa ku bitaro dore ko yarafite ibikomere ndetse anava amaraso menshi.
N’ubwo bivugwa ko yafashije mu buryo bwo kumukiza inkuru ibabaje yatashye mu gitondo cyo kuwa Kane tariki 15 Kamena, ko uwo mugabo byarangiye apfuye.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…