MU MAHANGA

Perezida Kagame witabiriye yubile y’imyaka 50 y’Ubwigenge bwa Bahamas yakiriwe kumeza-AMAFOTO

Igihugu cya Bahamas cy’izihije yubile y’imyaka 50 kibonye ubwigenge, aho umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye uwo muhango.

Advertisements

Mu birori by’umusangiro byabaye ku mugoroba wo kuwa gatanu tariki 7 Nyakanga 2023, byitabiriwe n’abayobozi batandukanye muri iki gihugu kibarizwa muri birwa bya Karayibe, aho bakiriewe kumeza nk’uko bisanzwe bikorwa mu guha icyubahiro abakuru b’ibihugu.

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na Minisitiri w’Intebe Davis

Kuri uwo mugoroba Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu cya Bahamas Philip Davis warikumwe n’umugore we Madamu Anne Marie Davis mu birori byabereye i Nassau.

Yubile y’Ubwigenge ubusanzwe yizihizwa tariki 10 Nyakanga, ahateganyijwe kubera ibirori bikomeye muri icyo gihugu cyabonye ubwigenge nyuma yo kwigobotora ingoma y’Abongereza mu 1973 aho cyitwaga mbere Baha Mar.

Muri ibi birori byo kwizihiza Yubile y’imyaka 50 y’Ubwigenge byitabiriwe n’umunyamabanga mukuru wa Commonwealth, Patricia Scotland.

Perezida Kagame amaze iminsi mu ruzinduko mu bihugu bya Karayibe, aho aheruka kwitabira inama ya 45 y’abakuru b’ibihugu byibumbiye mu muryango w’ibihugu byo muri Karayibe (Caribbean), umuryango uzwi nka CARICOM.

Igihugu cya Bahamas kibarizwa mu muryango wa Commonwealth, uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago