Mugisha Bonheur wari umwe mu bakinnyi bakina hagati bakomeye mu ikipe ya APR Fc yerekeje gukinira muri Libya.
Uyu musore wari umaze imyaka ibiri mu kipe y’Ingabo, yafashe indege mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2023.
Amakuru yamenyekanye n’ uko Casemiro agiye gusinyira ikipe ya Al Ahly Tripoli ikina mu cyiciro cya Mbere mu gihugu cya Libya.
Amakuru avuga ko Bonheur ategerejwe mu Ak Ahly Tripoli yakinwemo Abakinnyi bakomeye akazerekanwa nk’umukinnyi mushya mu minsi ya vuba nyuma.
Bonheur asanze Haruna Niyonzima muri shampiyona yo muri iki gihugu.
Ku myaka 23 y’amavuko Bonheur yabashije gutwarana ibikombe bibiri bya shampiyona n’ikipe ya APR Fc nyuma yuko ayigezemo avuye muri Mukura Vs kuntizanyo.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…