Maurice Mugabowagahunde wahawe inshingano zo kuyobora intara y’Amajyaruguru.
Ibi bikubiye mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rigaragaza impinduka muri Guverinoma ahahinduriwe imyanya y’ubuyobozi n’ibigo bikabona abayobozi bashya.
Itangazo rigira ati “None kuwa 10 Kanama 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi mu buryo bukurikira:
Bwana Maurice Mugabowagahunde yagizwe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru.
Naho Nyirarugero Dancille wayiyoboraga yagizwe Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare.
Dr Patrice Mugenzi, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe amakoperative (RCA).
Bwana Maurice Mugabowagahunde wahawe kuyobora intara y’Amajyaruguru yarasanzwe ari Umuyobozi Nshingwabikorwa muri Minisitiri y’Ubumwe bw’Amabanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…