Umwuzukuru wa mbere w’Umukuru w’igihugu Perezida Kagame, Anaya Abe Ndengeyingoma, akaba imfura ya Ange Ingabire Kagame na Betrand Ndengeyingoma, yatangiye amashuri abanza.
Ni ifoto yashyize hanze kuri uyu wa 12 Nzeri, Ange Kagame, yatangaje ko umukobwa we yatangiye amashuri abanza.
Umwana w’imfura wa Ange Kagame na Ndengeyingoma yagiye kwiga muri Green Hills Academy.
Ange Kagame yagize ati: “Umunsi wa mbere ku ishuri w’umwana wanjye. Igihe kirihuta cyane.”
Mu ntangiriro z’uku kwezi Anaya ari mu bana bakorewe ibirori byo gusoza icyiciro mu irerero Eza-Urugwiro ECD ryo mu Biro by’Umukuru w’Igihugu muri Village Urugwiro.
Anaya Abe Ndengeyingoma aheruka kuzuza imyaka itatu y’amavuko muri Nyakanga 2023. Yavutse tariki 19 Nyakanga 2020.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…