Kuri uyu wa Kane, tariki 14 Nzeri 2023, Hasojwe amahugurwa y’ibanze y’ibikorwa bya Polisi mu Karere ka Bugesera.
Ni amahugurwa yasojwe akaba yari yitabiriwe na Minisitiri w’Umutekano Gasana Alfred arikumwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Félix Namuhoranye.
Aya mahagurwa yaberaga mu kigo cya Polisi gitangirwamo amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (CCTC) giherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera, aho yitabiriwe n’abagera kuri 228.
Bamwe mu bapolisi bahuguwe babashije kugaragaza ibyo bigiye muri ayo mahugurwa, harimo imyitozo iri ku rwego rwo hejuru muri iyo tukaba twavugamo nko kurasa, kugendera ku migozi, kumena amabuye, gucungira umutekano mu mazi, no kumenya kurwanya umwanzi mugihe ahuye nawe nta gikoresho cy’akazi afite.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…