Sosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangaje ko ihagaritse ingendo zayo yagiriraga i Mumbai mu gihugu cy’Ubuhinde.
Mu itangazo yashyize ahagaragara RwandAir yatangaje ibabajwe no gutanga isubikwa ry’ingendo zijya n’iziva i Mumbai mu Buhinde kuva tariki 15 Werurwe 2024.
Bongeyeho ko bihanganishije abagenzi bayo bose bari bafite itike zigomba kubafasha kugenda, ko bakwiriye kubegera bakabafasha, bagazasubizwa amafaranga yabo cyangwa se bakemererwa guhindurirwa itike nta kindi kiguzi basabwe ubwo bazaba bashaka kwerekeza i Mumbai.
RwandAir yihanganishije abagenzi muri rusange kuri izo ngaruka.
Icyakora cyo iyi Sosiyete ikora ubwikorezo bwo mu kirere ntiyatangaje impamvu nyamakuru yisubikwa ry’ingendo ziva nizerekeza i Mumbai.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…