Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 25 Werurwe 2024, Imirwano hagati ya M23 na FARDC yarushijeho gukomera mu misozi ikikije umujyi wa Sake.
Nkuko sosiyete sivile yabitangaje, iyi mirwano yatangijwe na FARDC yabereye ahitwa Mushaki Bihambwe.
Abaturage benshi bahunze ndetse imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Congo.
Indi mirwano yakomereje mu mudugudu wa Bihambwe wari wafashwe na M23 mu minsi ishize, ubarizwa hafi y’agace ka Rubaya kazwiho cyane gucukurwamo amabuye y’agaciro.
Hari andi makuru avuga ko FDLR, Nyatura, SADC n’ingabo z’u Burundi bagabye ibitero kuri M23 ahitwa Kibumba birangira iri huriro rihawe isomo rikomeye.
Abaturage benshi bahangayitse, barasaba kurindwa.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…