Humphrey Mayanja, wari umuvandimwe w’abahanzi Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone, Pallaso na Weasel bamamaye mu muziki wa Uganda, yapfuye.
Humphrey wari mukuru w’aba bahanzi, yapfuye nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye.
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo muri Uganda avuga ko yari amaze igihe arwaye kanseri y’igifu.
Inkuru y’urupfu rwe yemejwe na Dr Jose Chameleone ndetse n’ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo yapfuye aguye mu bitaro bya Mulago i Kampala, aho yari amaze iminsi arwanira n’ubuzima.
Muri Nyakanga umwaka ushize ni bwo Humphrey yari yabagiwe igifu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mbere y’uko kimurembya guhera mu ntangiriro z’uyu mwaka.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…