Emmy

Samia Suluhu yaganiriye na Papa Francis

Kuri uyu wa mbere, taliki 12 Gashyantare 2024, Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yahuye na Papa Fransisiko i Vatikani,…

2 years ago

Kinshasa: Ambasade y’Amerika yahawe uburinzi bwihariye kubera imyigaragambyo

Kuri uyu wa Mbere, abapolisi benshi bashyizwe imbere ya Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika kugira ngo bitambike abigaragambya imbere…

2 years ago

Masisi: Haramutse imirwano ikaze hagati ya FARDC na M23

Imirwano ikomeye kuri uyu wa Mbere yaramukiye mu bice bya za Teritwari za Masisi na Nyiragongo hagati y’inyeshyamba z’umutwe wa…

2 years ago

Uwari nimero ya mbere ku isi muri Marato yapfanye n’umutoza we w’umunyarwanda

Umunyakenya wari numero ya mbere muri marathon mu bagabo ku Isi, Kelvin Kiptum w’imyaka 24, yapfuye azize impanuka yo mu…

2 years ago

Hari imvura idasanzwe mu mpera za Gashyantare – Meteo Rwanda

Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu bice byinshi by’igihugu hagiye kugwa imvura iri hejuru y’impuzandengo y’imvura isanzwe…

2 years ago

Ngoma: Bamwe mu bagabo bahukana bahunze inkeke z’abagore

Bamwe mu bagabo mu Kagari k’Akabungo, Umurenge wa Mugesera, Akarere ka Ngoma, bavuga ko bahozwa ku nkeke n’abo bashakanye bigatuma…

2 years ago

Umupfumu Rutangarwamaboko yagize icyo avuga nyuma y’inkongi yafashe ingoro ye

Umupfumu Rutangarwamaboko yashenguwe n’inyubako ye yafashwe n’inkongi, ibye bihiramo. Ni inyubako iherereye mu Murenge wa Gisozi, Akagali ka Musezero mu…

2 years ago

MONUSCO yamaganye ibikorwa by’urugomo ku bakozi bayo muri DRC

MONUSCO yasabye inzego z’ubucamanza za Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukora iperereza mu rwego rwo gukurikirana abagize uruhare mu bikorwa…

2 years ago

Umubano w’ U Rwanda na Pologne warakaje DRC

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yikomye Pologne, kubera amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare iki gihugu gifitanye n’u Rwanda.…

2 years ago

Los Angeles Lakers yamuritse ikibumbano cya mbere cya Kobe Bryant

Los Angeles Lakers yamuritse ikibumbano cya mbere muri bitatu izakorera Kobe Bryant wanditse amateka akomeye muri iyi kipe, akitaba Imana…

2 years ago

Rusizi: Yicishije umugore we ishoka

Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe, ni nyuma yo gupafa igiti cyo gucana…

2 years ago

FIFA yatanze igihe ntarengwa cyo gukemura ikibazo cy’irondaruhu muri ruhago

Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino yavuze ko mu mezi atatu ibikorwa by’irondaruhu biri muri ruhago bigomba…

2 years ago

DRC: Guverinoma iri gukora iperereza ku bufatanye bwa M23 na UPDF

Mu kiganiro n’abanyamakuru giherutse gutangwa n’umuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya n’ umuvugizi wa FARDC, Sylvain Ekenge, n’ingabo za Congo, hagarutswe…

2 years ago

Icyo wamenya ku mashusho ya Drake azunguza igisa n’igistina cye

Amashusho ya Drake azunguza igikinisho gifite ishusho y’igitsinagabo, akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku bakurikira imyidagaduro n’abakunzi b’uyu muhanzi.…

2 years ago

Ngoma: Abana bane banyweye umuti w’inka urabasinziriza

Inkuru y’abana bane banyoye umuti w’inka bagahita bose basinzirira rimwe yakomeje gucanga benshi harimo n’ababyeyi babo. Aba bana bane bari…

2 years ago

Harimo n’ubufatanye mu ikoranabuhanga ritangiza ibidukikije – Amwe mu masezerano U Rwanda na Pologne basinyanye

U Rwanda na Pologne kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Gashyantare 2024, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu n’ubucuruzi, ubufatanye…

2 years ago

Rwatubyaye yasabye abanyarwanda kumenya ibyabo

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul wataye akazi k’ikipe ye, yasabye Abanyarwanda n’abakunzi ba ruhago mu Rwanda muri rusange…

2 years ago

Ba Gen. Mubarakh Muganga na Rwivanga bifatanyije na UPDF mu birori bya Tarehe Sita (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga n’umuvugizi wazo, Brig Gen Ronald Rwivanga, bari mu basirikare bo mu ngabo…

2 years ago

Ali Hassan Mwinyi wayoboye Tanzania ararembye

Ibiro bya Perezida wa Zanzibar byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Ali Hassan Mwinyi, yajyanywe mu bitaro kuri uyu…

2 years ago

Gisagara: Birakekwa ko batatu bapfuye barozwe

Mu Mudugudu umwe wo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batatu bapfuye by’amarabira,…

2 years ago