Ibiro bya Perezida wa Zanzibar byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Ali Hassan Mwinyi, yajyanywe mu bitaro kuri uyu wa Gatatu kubera uburwayi afite mu gatuza.
Mwinyi w’imyaka 98, umuryango we watangaje ko ubu ari kwitabwaho n’abaganga, ndetse basaba ko hakorwa amasengesho rusange yo gusabira uyu mukamnbwe.
Ali Hassan Mwinyi yabaye Perezida wa kabiri wa Tanzania kuva mu 1985 kugeza mu 1995. Umuhungu we Dr Hussein Ali Mwinyi kuri uyu niwe Perezida wa Zanzibar.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…