INKURU ZIDASANZWE

Umunyamakuru Irene Murindahabi yerekeje muri Canada

Umunyamakuru Irene Mulindahabi yamaze kugera mu Mujyi wa Montreal mu gihugu cya Canada aho bivugwa ko asanze umukunzi we. Murindahabi…

2 years ago

Rutahizamu wa Newcastle Alexander Isak yacucuwe n’abajura

Umugore umwe ari mu Banyakorowasiya bane bavugwaho ubujura nyuma y’igitero cyagabwe kuri rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak ku nyubako…

2 years ago

Aba Polisi baguye mu myigaragambyo yamagana ubwicanyi bukomeje kubera i Goma

Mu gihe i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kubaho impfu za hato na hato, abigaragambya bamagana ubwo…

2 years ago

Nyanza: Uwahoze mu ngabo z’u Rwanda yirashe arapfa avuye muri misiyo kubera umugore we

Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda, witwa Mugiraneza Wellars alias CACANA, wari utuye mu kagari ka Gasoro…

2 years ago

Perezida Tshisekedi wari waraburiwe irengero yongeye kugaragara mu ruhame

Perezida w'igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa…

2 years ago

Muhanga: Polisi yarashe umujura washatse kumutema

Umugabo wari wikoreye inka yabazwe bikekwa ko ari iyo yari yibye, yarasiwe mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga,…

2 years ago

#Kwibuka30: Abarenga 50 nibo bakurikiranweho ingengabitekerezo ya Jenoside-RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko mu minsi irindwi y’icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakurikiranye…

2 years ago

Goma: Umurambo w’umusore wabonywe urerembera hejuru y’amazi

Mu Mujyi wa Goma hakomeje kubera impfu za hato na hato zikomeje kwibazwaho na benshi, aho abaturage batakamba kubera uburyo…

2 years ago

Amanda wari warazinutswe ibyo gukundana n’abakobwa bagenzi be yasubiriye-AMAFOTO

Isimbi Amanda wakanyujijeho ubwo yabaga igisonga cya Nyampinga w'ishuri ry'imari n'Amabanki (SFB) yongeye gushudikana mu rukundo n'umukobwa mugenzi we. Uyu…

2 years ago

Rwanda FDA, yahagaritse ku isoko ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’umuti w’inkorora ukoreshwa n’abana

Ikigo gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ibiribwa n’imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, cyahagaritse ku isoko ry'u Rwanda ikwirakwizwa n’ikoreshwa rya nimero 329304 y'umuti…

2 years ago