INKURU ZIDASANZWE

#Kwibuka30: Perezida Kagame yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we wishwe agambaniwe

Kuri uyu wa 7 Mata 2024 ubwo yatangiza Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida Kagame yatanze ubuhamya…

2 years ago

Kwibuka30: Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yongeye gutunga agatoki Loni yarebereye amahano ya Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA yongeye kuvuga amahanga harimo n’Umuryango w’Abibumbye yarebereye Jenoside yakorewe abatutsi kugeza…

2 years ago

Kwibuka30: Icyumweru cy’icyunamo cyatangijwe no gucana urumuri rw’icyizere

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, nibwo hatangijwe icyumweru cy’icyunamo ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

2 years ago

Menya ibyaranze itariki 7 Mata 1994 ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga mu Rwanda

Imyaka 30 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994,…

2 years ago

Umugabo yiyahuye nyuma yo kwica umugore we urw’agashinyaguro

Mu gihugu cya Zambia haravugwa umugabo witwa Mike Ilishebo w’imyaka 44, wakoraga muri imwe muri Banki yo muri ico gihugu…

2 years ago

FARDC yemeje ko umujyanama mu bya politiki wa Corneille Nangaa yamufunze

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko cyataye muri yombi Eric Nkuba Shebandu alias Malembe wari umujyanama…

2 years ago

Ijambo ry’umugore wa nyakwigendera Dr Adel Zrane ryakoze benshi ku mutima ubwo yamusezeragaho atwite

Abayobozi batandukanye barimo n'abakinnyi b'ikipe ya APR Fc basezeyeho bwa nyuma Dr Adel Zrane warusanzwe ari umutoza wongera imbaraga abakinnyi…

2 years ago

Umuhanzi King James arashinjwa ubwambuzi bwarenga miliyoni 30 Frw

Umuhanzi Ruhumuriza James wamamaye nka King James yashinjwe na Pasiteri Blaise Ntezimana wari wamuhaye amafaranga angana miliyoni 30 Frw y'ubushabitsi…

2 years ago

The Ben yavuze ijambo rikomeye mu muhango wo gusezeraho bwa nyuma Nyirakuru

Umuhanzi The Ben avuze ijambo ryakoze benshi ku mutima mu bari baje mu muhango wo gusezeraho bwa nyuma Nyirakuru uherutse…

2 years ago

Musanze: Umwe mu bakinnyi b’amagare yagonzwe ari mu myitozo ahita apfa

Umwe mu bakinnyi batangaga icyizere mu mukino w'amagare Manizabayo Étienne wakiniraga Ikipe y’Abato ya Benediction Club yapfuye nyuma yo kugongwa…

2 years ago