UMUTEKANO

Nyanza: Abaturage bakomeje gutakamba nyuma yo kuryama bumva amabuye yisukiranya ku nzu zabo

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyanza bahangayikishijwe n’amabuye n’ibinonko baterwa ku nyubako zabo batazi aho bituruka. Ni ikibazo…

2 years ago

Masisi: FARDC na Wazalendo bongeye gushyamirana

Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru Taliki 21 Mata 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Masisi…

2 years ago

Gaza: Uko abaganga barokoye uruhinja rwavukiye mu mubyeyi wari waturikanye igisasu

Umwana w’umukobwa yatabawe n’abaganga bamuteruye mu nda ya nyina. Uwo munyepalestinakazi yari amaze kwicwa na bombe hamwe n’umugabo we n’umukobwa…

2 years ago

M23 yavuze ku mihoro u Burundi buherutse gutumiza mu Bushinwa

Umutwe wa M23 uravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure…

2 years ago

Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya FARDC na M23 i Nyakajanga

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Mata 2024, Imirwano ikaze yahuje ingabo z'igihugu (FARDC) n'umutwe wa M23, yongeye…

2 years ago

Aba Polisi baguye mu myigaragambyo yamagana ubwicanyi bukomeje kubera i Goma

Mu gihe i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kubaho impfu za hato na hato, abigaragambya bamagana ubwo…

2 years ago

Nyanza: Uwahoze mu ngabo z’u Rwanda yirashe arapfa avuye muri misiyo kubera umugore we

Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda, witwa Mugiraneza Wellars alias CACANA, wari utuye mu kagari ka Gasoro…

2 years ago

Perezida Kagame yinjije abofisiye bashya muri RDF

Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera habereye itangwa ry’ipeti rya Second Lieutenant rihabwa abasirikare bamaze igihe…

2 years ago

Muhanga: Polisi yarashe umujura washatse kumutema

Umugabo wari wikoreye inka yabazwe bikekwa ko ari iyo yari yibye, yarasiwe mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga,…

2 years ago

Menya imihanda izakoreshwa n’abayobozi ku munsi wo gutangiza Kwibuka30

Mugihe kuri iki Cyumweru tariki 7 Mata 2024, mu Rwanda hatangizwa icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…

2 years ago