Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Mata 2024, Imirwano ikaze yahuje ingabo z’igihugu (FARDC) n’umutwe wa M23, yongeye kubura mu gace ka Nyakajanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Iyi mirwano yari irangajwe imbere na Wazalendo nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza.Imbunda ziremereye nizo zari ziganje muri iyo mirwano ari nako barasa mu baturage.
Ni mu gihe muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakomeje gutegurwa imyigaragabyo iri butangire kuri uyu wa Kane nk’uko amakuru y’ubuyobozi bw’ibanze abivuga.
Impamvu y’iyi myigaragambyo nyirizina ni ubwicanyi bukorerwa abasivile bumaze gufata indi ntera.Ubu ubwicanyi bukorwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo Wazalendo , ADF, CODECO n’indi mitwe igizwe na Maï Maï, aho mu gihe cy’iminsi itageze kuri 21 abagera kuri 40 bamaze kuhasiga ubuzima.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…