URUKUNDO

Umugeni uherutse kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga yanze gusubiramo indahiro yavuze impamvu yabikoze

Umugabo witwa Muhire Pierre ukomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yasabwe na Gitifu gusubiramo indahiro ye asezerana n’umugore…

2 years ago

Umuraperi w’umunyamerika, Post Malone yahishuye ko hashize imyaka ibiri yemerewe urukundo

Umuraperi w’umunyamerika, Post Malone wakunzwe bikomeye mu muziki yahishuye ko hashize imyaka ibiri abonye umukunzi mu gikorwa cyabereye i Las…

2 years ago

Umuhanzi Sam Smith yongeye kurikoroza mu mihanda ya New York yambaye ijipo-AMAFOTO

Umuhanzi Sam Smith udasiba kugora udukoryo yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga agaragara mu mihanda ya New York yambaye ijipo arikumwe…

2 years ago

Perezida Kagame yishimiye isabukuru y’Abuzukuru be babiri bizihiriza umunsi umwe

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yishimiye isabukuru y’Abuzukuru be babiri bizihiriza umunsi we nk’uko yabigaragaje kuri uyu wa kane tariki…

2 years ago

Madame Jeannette Kagame na Angeline Ndayishimiye bahanye impano-AMAFOTO

Umugore w’umukuru w’igihugu, Madame Angeline Ndayishimiye yagiriye uruzinduko mu Rwanda kuwa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023, aho yanitabiriye inama izwi…

2 years ago

Bamukuriye ingofero! Jean Jacques Wilson benshi bifuje gucyura agafoto ke nyuma yo gukora mu jisho Angola

Ikipe y'Igihugu ya Basketball ya Angola yari murugo yaraye isezerewe muri 1/4 n'ikipe y'Igihugu y'u Rwanda mu mikino ya 'FIBA…

2 years ago

Urubanza rwa Prince Kid wari waherekejwe n’umugore we Miss Elsa rwongeye gusubikwa (AMAFOTO)

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga, Urukiko Rukuru rwongera kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha buregamo Prince Kid wahoze ategura irushanwa rya…

2 years ago

Hamisa Mobetto yagaragaje umusore bari mu rukundo nyuma yo kwibikaha imodoka ya Range Rover

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane 13 Nyakanga, nibwo Hamisa Mobetto yashimangiye ko umukunzi afite umukunzi mushya mu mashusho…

2 years ago

Nyuma y’imyaka 22, umuryango wibarutse umwana

Umuryango w'umugabo witwa Tari Changbo n'umugore we Mercy Tari-Chamgbo, bibarutse impanga nyuma y'imyaka 22 bategereje. Uyu muryango wibarutse usanzwe utuye…

2 years ago

‘Tuzaba tuhabaye n’umwana wanjye akunda ‘Fou de Toi’ Ambasaderi yahaye karibu Bruce Melodie i Burundi

Abarimo Ambasaderi Frederic Gateretse Ngoga yishimiye ko umuhanzi Bruce Melodie agiye kongera gutaramira abakunzi b’umuziki we i Burundi. Ambasederi Frederic…

2 years ago