URUKUNDO

Senateri yatunguranye avuga ko yashakanye n’umukobwa w’imyaka 15

Uwahoze ari guverineri wa Leta ya Zamfara, mu gihugu cya Nigeria Senateri Ahmed Sani Yerima, yatangaje ko aticuza kuba yarashakanye…

2 years ago

Diamond Platnumz yagaragaje ko yiteguye kubyara umwana wa 5

Umuhanzi ukomoka muri Tanzaniya akaba n'umuyobozi mukuru wa Wasafi, Diamond Platnumz, aherutse gutangaza ko yitegura umwana we wa gatanu. Ku…

2 years ago

Lionel Messi n’umugore we bagaragaye bagiye kuryoshya mu birwa bya Karayibe-AMAFOTO

Umukinnyi w’igihangange Lionel Messi hamwe n’umugore we bakuranye Antonella Roccuzzo basangije aba bakurikira amafoto y’ibihe byiza by’ibiruhuko bakomeje kugirira mu…

2 years ago

Umuhanzi Ricky Martin yatandukanye n’uwari umugabo we Jwan Yosef

Umuhanzi w'icyamamare mu njyana ya Pop ukomoka muri Puerto Rico Rick Martin na Jwan Yosef bari barashakanye batandukanye. Aba bari…

2 years ago

Zimbabwe: ‘Sinikiwe’ wavukanye ubumuga bw’ingingo yibarutse umwana we wa mbere

Umwe mu bavukanye ubumuga bw’ingingo bwo kutagira amaboko n'amaguru mu gihugu cya Zimbabwe, Sinikiwe Kademaunga, n’umugabo we Reuben, bakiriye umwana…

2 years ago

Nyina wa Jay-Z yashakanye n’umugore mugenzi we

Mu ijoro ryo cyumweru, Nyina w’umuraperi w’icyamamare Jay-Z, witwa Gloria Carter yakoranye ubukwe n’umugore mugenzi we Roxanne Wilshire bamaze igihe…

2 years ago

Yolo The Queen bwa mbere yatangaje ko atwite

Yolo The Queen uri mu bavugisha benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko urubuga rwa Instagram kera kabaye yatangaje ko atwite. Ni…

2 years ago

Selena Gomez yakeje umuhanzi w’umunya-Nigeria Rema

Uyu muhanzi wo muri Amerika, Selena Gomez, yerekeje ku rubuga rwe rwa Instagram ku ya 2 Nyakanga, aho yagaragarije ibyishimo…

2 years ago

Umuraperi Romeo yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bakundanye imyaka 10-AMAFOTO

Umuraperi w'umunyarwanda Shema Romeo wamenyekanye nka Romeo Rapstar mu muziki yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we witwa Umutoni Joselyne bamaze igihe…

2 years ago

Umunyamakuru Cyuzuzo Jeanne d’Arc ukunzwe kuri Kiss FM yibarutse imfura

Umunyamakuru wa Kiss FM, Cyuzuzo Jeanne d’Arc n'umugabo we witwa Thierry Eric Niyigaba, bari mu byishimo byo kwibaruka umwana w’imfura.…

2 years ago