Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021 yemeje ko ingendo z’indege hagati y’u Rwanda n’ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika zisubikwa.
Mu bishya biri mu myanzuro y’iyi na yateranye kuri iki cyumweru tariki 28 Ukuboza 2021 yari iyobowe na Peresida wa Repubulika Paul Kagame, ni uko abitabira inama, ibitaramo n’andi makoraniro ahuriza hamwe abantu benshi basabwa kuba barikingije byuzuye Kandi baripimishije COVID19 bikagaragara ko nta virus bafite.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…