Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Nzeri 2022 Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (Mineduc) yatangaje amanota y’Abanyeshuri bakoze ibizami bisoza amashuri abanza (P6) n’ibisoza icyiciro rusange (S3).
Yarebe unyuze hano: https://sdms.gov.rw/sas-ui/public/nationalExaminationResult.zul
Kureba amanota ukoresheje Ubutumwa bugufi (SMS) Wandika “index number” yuzuye y’umunyeshuri ukohereza kuri 8888.
Abanyeshuri biga mu Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya TSS St Sylvain bari baje mu marushanwa ya…
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo…
Abagenzi bagera kuri 70 bari mu ndege yavaga mu birwa bya Maurice yerekeza i Frankfurt…
Abantu babiri bapfuye barohamye mu mugezi wa Burakari uherereye mu Murenge wa Busoro mu Karere…
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…