Umuraperi w’Umunyamerika Cornell Iral Haynes Jr. wamamaye nka Nelly yahishuye ko yifuza kubyarana n’umuririmbyi Ashanti bahoze bakundana.
Nelly yatangaje ko arimo gushyira ingufu mu kubyarana n’uyu muhanzikazi Ashanti nyuma yo kubura umubano w’urukundo rwabo.
Ibi yabitangaje kuri Instagram nyuma yo kumutungura n’impanp y’imodoka ye y’inzozi ku munsi w’amavuko.
Umwe mu bakoresha uru rubuga rwa Instagram yahise abwira Nelly ko akwiriye guhita akora ibishoboka byose agatera inda uyu muhanzikazi. Nelly nawe mu kumusubiza amubwira ko arimo kubikoraho.
Aba bombi basanzwe banafitanye indirimbo yakunzwe cyane yitwa ‘Body on me’ bafatanije na Akon, bakundanye igihe kirekire mu myaka 11 baza gutandukana mu mwaka 2013. Bongeye kubura urukundo rwabo mu mezi make ashize, baza kubyerura mu kwezi kwa Nzeri muri uyu mwaka 2013.
Uyu mugabo w’imyaka 49 w’abana babiri umuhungu n’umukobwa arifuza kongera kubyarana n’uwo bahoze bakunda mu myaka 10 irenga.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…