Perezida Dr. Hage Geingob wayoboraga Igihugu cya Namibia yapfiriye mu bitaro i Windoek afite imyaka 82.
Visi Perezida wa Namibia, Nangolo Mbumba yavuze ko Perezida Dr. Hage ko saa 00:04 ku wa 4 Gashyantare 2024 ari bwo yaguye mu bitaro bya Lady Pohamba aho yavurirwaga n’itsinda rye ry’abaganga.
Yavuze ko Perezida Dr. Hage yitabye Imana iruhande rwe hari umugore we n’abana be yakundaga cyane.
Geingob yagiye ku butegetsi kuva mu mwaka wa 2015 aho ubu yayoboraga manda ya kabiri nka Perezida watowe.
Uyu mutegetsi yanabaye Minisitiri w’Intebe kuva mu 1990 kugeza mu 20002 ku ngoma ya Perezida Sam Nujoma.
Mu bihe bitandukanye uburwayi ntibwamworoheye aho ku wa 8 Mutarama 2024, yatangaje ko abaganga basanze arwaye kanseri.
Nyuma ku wa 25 Mutarama 2024 yagiye kwivuriza kanseri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agaruka muri Namibia ku wa 30 Mutarama.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…