Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) rwatangaje amatariki Imurikagurisha mpuzamahanga ku nshuro yaryo ya 23 rizaberaho ariko hubahurizwa amabwiriza yo kwirinda…
Inama y'Abaminisitiri yemeje ko ibikorwa by'imikino y'amahirwe byari byarafunzwe kubera COVID-19, bigiye gufungurwa mu byiciro. Mu nama y'Abaminisitiri yateranye kuri…
Ikigo ngenzuramikorere (RURA) cyatangaje ko ibiciro by’ingendo mu modoka rusange mu Rwanda byagabanyijwe ugereranyije n'ibyari byashyizweho kuya 14 Ukwakira uyu…
Akanama k’Ubumwe bw'Ibihugu by’Uburayi kakuyeho inzitizi zijyanye n’ingendo ku baturage b’ibihugu bitandukanye, byemerewe gukorera ingendo i Burayi harimo n'u Rwanda.…
Ingendo hagati y’intara ndetse n’umujyi wa Kigali zongeye gufungurwa nyuma y’igihe kirenga amezi abiri zidakorwa kubera gushyira mu bikorwa ingamba…
Ikigo kigenzura Isoko ry'Imari n'Imigabane ry'u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy'ubucuruzi cyo muri Afurika y'Epfo…
Inama ya 26 y'Abakuru b'Ibihugu bihuriye mu muryango w'ibihugu bikoresha ururimi ry'Icyongereza (Commonwealth) yari kuzabera i Kigali muri kuva tariki…
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, yatangaje ko ingengo y’imari ya 2019/20 iziyongera ikava kuri miliyari 2,876.9 Frw yariho ikagera…