IMYIDAGADURO

Mama Nick wamamariye muri City Maid agiye kubagwa nyuma yo kubona inkunga

Mukakamanzi Beata wamamaye nka Mama Nick muri filimi y’uruhererekane ya City Maid ikundwa na benshi kuri RTV,yaraye mu bitaro aho…

2 years ago

Uwateguye igitaramo cya The Ben yafunguwe nyuma y’umunsi umwe afunzwe

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Nishishikare Jean de Dieu wari wateguye igitaramo cyari cyatumiwemo umuhanzi w’umunyarwanda The…

2 years ago

André warukunzwe mu biganiro bya YouTube nawe yitabye Imana

Umwe mu bagabo batatu bashaje ariko bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije, André Buhigiro yatabarutse, hakaba hasigaye umwe kuko undi aheruka kwitaba…

2 years ago

Prince Kid aherekejwe n’umugore we Miss Elsa baherutse kurushinga yitabye Urukiko

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid yitabye urukiko kuri uyu wa gatanu, tariki 15 Nzeri 2023, aherekejwe n'umugore we Miss…

2 years ago

Nyuma y’iminsi mike akoze ubukwe, Prince Kid agiye kongera gusubira imbere y’urukiko

Prince Kid uheruka kurushinga n’uwabaye Nyampinga w'u Rwanda 2017 Iradukunda Elsa, urubanza rwe ruteganyijwe kuzasubukurwa ku wa 15 Nzeri 2023…

2 years ago

‘Nta kiguzi Israel Mbonyi yatwatse’ Shalom Choir yahaye ikaze abazitabira igitaramo kizahemburirwamo benshi

Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo gutegura igitaramo gikomeye bise 'Shalom Gospel Festival' yatumiyemo umuramyi Israel Mbonyi yavuze ko…

2 years ago

Pamella arifuza guherekeza umugabo we The Ben ufite igitaramo i Burundi

Uwicyeza Pamella uherutse kurushinga na The Ben imbere y’amategeko, yagaragaje ko yifuza guherekeza umugabo we mu bitaramo ateganya gukorera i…

3 years ago

Abahanzi 8 nibo bemejwe kuzaririmba mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bizenguruka igihugu

Ku wa Kane tariki 7 Nzeri 2023, ni bwo herekenywe abahanzi bagiye gutangira urugendo mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika…

3 years ago

Winston Duke wamamaye muri filime ya ‘Black Panther’ yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Icyamamare muri sinema ku Isi, Winston Duke yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 04 Nzeri 2023. Winston…

3 years ago

Akari ku mutima ka Idris Elba nyuma yo kwakirwa na Perezida Kagame mu biro bye

Umukinnyi wa Film w’icyamamare ku Isi, Idris Elba uri mu bise Abana b’Ingagi, yavuze ko yishimiye kuba yaritabiriye ibi birori,…

3 years ago