UBUTABERA

RIB yafunze abantu umunani bakekwaho uburiganya mu bizamini by’akazi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze abantu umunani, rukaba rubacyekaho ibyaha by’uburiganya mu ikorwa ry’ibizamini by’akazi. Abafunzwe barimo abagenzuzi b’imari bane;…

2 years ago

Abadepite 99% b’u Rwanda batoye umushinga wemeza kwakira abimukira bo mu Bwongereza

Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yamaze kwemeza ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’u Bwongereza…

2 years ago

RIB igiye gutangira gukora iperereza kuri ruswa y’igitsina ivugwa muri Tour du Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa RIB, Jeannot Ruhunga yavuze ko yamenye amakuru y’uko mu mukino w’amagare wa Tour du Rwanda havugwa ihohoterwa…

2 years ago

Ubushinjacyaha bwasabiye Kazungu Denis gufungwa burundu atakambira Perezida Kagame

Ubushinjacyaha bwasabiye Kazungu Denis igihano cyo gufungwa burundu bitewe n'uburemere bw'ibyaha akurikiranweho birimo icyo kwica abantu 14. Kazungu kandi yasabiwe…

2 years ago

Umuraperi yatawe muri yombi amaze kwegukana ibihembo bitatu muri Grammy Awards

Umuraperi Michael Santiago Render (Killer Mike) nyuma yo gutsindira ibihembo bigera kuri bitatu muri Grammy Awards yaje kugaragara yambitswe amapingu…

2 years ago

Kazungu wiyemerera ibyaha byo kwica abantu 14 yasabiwe 30 y’agateganyo n’urukiko

Kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nzeri 2023, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 no…

2 years ago

Ubuyobozi bw’ikipe ya Gorilla Fc bwajyanywe mu nkiko

Djafari wakiniraga Gorilla FC biravugwa ko, yiyambaje ubutabera ngo arenganurwe ku karengane yagiriwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Abinyujije muri G&G Advocates…

2 years ago

Prof Harelimana wayoboye ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative yatawe muri yombi

Prof Harelimana Jean Bosco wahoze ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative (RCA), yatawe muri yombi akekwaho ibyaha birimo gutanga nabi amasoko…

2 years ago

Prince Kid aherekejwe n’umugore we Miss Elsa baherutse kurushinga yitabye Urukiko

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid yitabye urukiko kuri uyu wa gatanu, tariki 15 Nzeri 2023, aherekejwe n'umugore we Miss…

2 years ago

Nyuma y’iminsi mike akoze ubukwe, Prince Kid agiye kongera gusubira imbere y’urukiko

Prince Kid uheruka kurushinga n’uwabaye Nyampinga w'u Rwanda 2017 Iradukunda Elsa, urubanza rwe ruteganyijwe kuzasubukurwa ku wa 15 Nzeri 2023…

2 years ago